Pr David RUTANGA UMWE MUBANDITSI BEZA B’IBITABO

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp
David Rutanga

David Rutanga ni umu Pasitori mu itorero rya Zion Temple akaba n’umwanditsi w’ibitabo wakunzwe na benshi mu Rwanda ndetse no hanze y’umugabane wa Afurika.

Uyu mu pasitori yahawe inkoni y’ubushumba na Apostle Dr. Paul Gitwaza ku italiki ya 13 Kanama 2022 umuhango wabereye muri Zion Temple kucyicaro gikuru mu Gatenga.

Apostle Dr. Paul Gitwaza, umushumba mukuru w’itorero Zion Temple

David Rutanga ni umwe mubanditsi bibanda kumuryango aho usanga ibitabo bye hafi ya byose akunda kwigisha kumuryango muri rusange haba mu mibanire y’abashakanye cyangwa kuburere bw’abana.

David Rutanga muri 2018 mugihe yamurikaga igitabo cye cyambere

Igitabo cye cyambere yagishize hanze mu mwaka wa 2018

TitleUrugendo rw’imibereho ihindutse: Niba atari njye ni nde?
AuthorDavid Rutanga
PublisherDavid Rutanga, 2018
ISBN9997700708, 9789997700704
Length157 pages
Urugendo rw’imibereho ihindutse

Nyuma y’iki gitabo Pr David Rutanga yanditse n’ibindi bitabo byibanda kumuryango ariko igitabo iki gitabo cye cyambere ni kimwe mubyagize uruhare mukuzamura izina rye ndetse kiri mubyamushize kuri list y’abandi beza mu Rwanda.

Umunsi wo kumurika igitabo
Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Lorem ipsum dolor sit amet, consectetur adipiscing elit, sed do eiusmod tempor incididunt ut labore et dolore