Hari bazwa aho Marcus Rashford azerekeza nyuma y’amasezerano ye muri Manchester United ari kugana ku musozo

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp

Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza, kuri ubu hari bazwa ku hazaza he, nyuma yaho ari kugana mu mpera z’amasezerano ye muri iyi kipe kandi  akaba akomeje no kwitwara neza.

Rashford asigaje nibura umwaka n’igice mu masezearano afitanye na Manchester United, ariko ashobora kongerwaho umwaka umwe, nkuko bikubiye muri aya masezerano, gusa haribazwa niba nyuma yaya masezerano azaguma muri iyi kipe .

Ni nyuma yaho ikipe ya Paris Saint-Germain nayo yagaragaje ko  imushaka kandi  ikaba izwiho kugura abakinnyi bahenze ku isi .

Ten Hag usanzwe utoza Manchester United, ndetse wanafashije Rashford kuza mu bihe bye byiza arashaka ko uyu mukinnyi aguma muri iyi kipe.Rashford afite imyaka 25, ubusanzwe ahembwa amayero 200,000 ku cyumweru muri iyi kipe.

  Rashford yabashije gutsindira iyi kipe ibitego 8, kuva yava mu mikino y’igikombe cy’Isi ubwo yari kumwe n’ikipe y’igihugu cye cy’Ubwongereza.

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Lorem ipsum dolor sit amet, consectetur adipiscing elit, sed do eiusmod tempor incididunt ut labore et dolore