DRC: Abarwanyi ba Wagner bagaragaye bakura amabuye mu mihanda nyuma y’imyigaragambyo

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp

Abacancuro ba Wagner bafotowe n’umuntu utaramenyekana wo mu gace ka Goma, bari gukura amabuye mu muhanda yari yashyizwemo n’abigaragambya bamagana umutwe wa M23.

Uku kwigaragambya kw’abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ngo kwazamuwe n’uko uyu mutwe wa M23 ukomeje kwigarurira uduce tutari duke two muri teritwari ya Rutshuru, ibyo bo bari kubona nk’agasuzuguro.

Ku cyumweru tariki 05 Gashyantare, ari nabwo iyi myigaragambyo yabaye, abarwanyi ba Wagner batashye bavuye kurugamba bafatanyamo na FARDC mu guhashya M23, babura inzira kubera ko umuhanda wari wuzuye amabuye.

Bamwe muri bo bahise bururuka imodoka batangira gukura ayo mabuye munzira, maze umuturage umwe abafata ifoto yahise ishimangira ibikorwa by’izi ndwanyi muri iki gihugu cya DRC

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Lorem ipsum dolor sit amet, consectetur adipiscing elit, sed do eiusmod tempor incididunt ut labore et dolore