ACP Boniface Rutikanga Yasimbuye CP John Bosco Kabera ku mirimo

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp

ACP Boniface Rutikanga yagizwe Umuyobozi w’ishami rishinzwe Itangazamakuru n’Inozabubanyi, akaba n’Umuvugizi mushya wa Polisi y’u Rwanda.

Izo mpinduka zisohotse mu itangazo Polisi y’u Rwanda yashyize ahagaragara, kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Kanama 2023, ACP Boniface Rutikanga akaba asimbuye CP John Bosco Kabera.

Mu mirimo itandukanye ACP Boniface Rutikanga yagiye ashingwa, harimo kuba Umujyanama mu bya gipolisi mu Muryango w’Abibumbye.

Asimbuye CP John Bosco Kabera, wari umaze imyaka itanu muri izo nshingano, kuva mu Kwakira 2018, aho yari yasimbuye CP Theos Badege ubwo yajyaga mu butumwa bw’amahoro.

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Lorem ipsum dolor sit amet, consectetur adipiscing elit, sed do eiusmod tempor incididunt ut labore et dolore