Big Fizzo yasabye The Ben kugenda aseta ibirenge

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp


Umuhanzi wagwije ibigwi mu muziki wo mu Burundi no mu Rwanda Bigfizzo yasabye mugenzi we The ben witegura gutanga ibyishimo mu Burundi, kugenda runono kuko ngo agace agiyemo gasanzwe gafite ba nyirayo.

Mu butumwa busa no gukebura The Ben, Umurundi Big Fizzo yashyize ku rubuga rwa WhatsApp, yagize ati “Numvishe ngo The Ben agiye kuza i Burundi, koko!!??.
Amenye ko yinjiye mu birindiro bifite nyirabyo”.

Ubu butumwa bwaciye igikuba ku mbuga nkoranyambaga, hibazwa impamvu yo kuvuga atya mu gihe akunze kuza gutaramira i Kigali nta ntugunda zibaye.
Iki gitaramo gikomeje kuvugisha benshi Theben azagikora ku wa 01 Ukwakira mu gihe ku wa 30 Nzeri 2023 azabanza agahura n’abakunzi be aho harimo itike igura miliyoni 10 FBU

Ni igitaramo azafatanya nabandi bahanzi babanyarwanda harimo Bushali, Shemi wakunzwe mundirimbo Peace of Mind na Bobo.

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Lorem ipsum dolor sit amet, consectetur adipiscing elit, sed do eiusmod tempor incididunt ut labore et dolore