Category: AMADINI

Guverineri Kayitesi yibukije t abakirisitu kubahiriza gahunda za Leta
Kayitesi Alice, Giverineri w’Intara y’Amajyepfo, arasaba abakirisitu Gatolika gukomeza kubahiriza gahunda za Leta, zirimo no gukomera ku bumwe bw’Abanyarwanda

Niger: Abahiritse ku butegetsi Mohamed Bazoum, bateguje ko bashobora kumuhitana
Aba basirikare babitangaje nyuma gato y’uko CEDEAO yari imaze gutegeka ko Ingabo zayo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye zoherezwa

Kuruyu wa kabiri tariki 27 Kamena 2023, ni umunsi wo gusiba umunsi wa Arafat ubanziriza umunsi mukuru w’igitambo wa ‘EID AL ADHA’
Ubuyobozi bukuru bw’Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) bwatangaje ko umunsi mukuru w’igitambo (EID AL ADHA) uzaba kuwa Gatatu tariki

Umushumba mukuru w’itorero rya pantekoti ry’u Rwanda (ADEPR), Pasiteri Isaïe Ndayizeye, yihanganishije umuryango wa Pasiteri Théogène Niyonshuti nyuma yaho yitabyimana.
Pasiteri Théogène Niyonshuti yapfiriye mu mpanuka y’imodoka i Kabale, mu burengerazuba bwa Uganda . Imodoka nto yari arimo we

Rubavu:Caritas ya diyosezi ya Nyundo yagobotse imiryango isaga 200 igizwe n’abantu 700 bagizweho ingaruka n’ibiza
Umugezi wa Sebeya ukora ku Mirenge ya Kanama, Rugerero na Nyundo mu Karere ka Rubavu, aho mu bihe bitandukanye

Ubushinwa bwiteguye imirwano ivugwa hagati yabwo n’Amerika
Ubwato bw’intambara bwa Amerika Kuwa Gatandatu bwari bugonganye n’ubw’Abashinwa, aho Amerika yavuze ko byaturutse ku bwato bw’Abashinwa butubahirije amategeko

Wegner Group yikoreje urusyo u Buyobozi bukuru bw’Ingabo z’Uburusiya
Mu gihe Uburusiya burimo kwibuka imyaka 78 ishize butsinze Abanazi ba Hitler,Umuyobozi w’Itsinda ry’Abacanshuro b’Abarusiya rizwi nka “Wegner Group”

Perezida Paul Kagame yanenze bimwe mu bihugu by’i Burayi
Perezida Paul Kagame yavuze kumyitwarire itarimyiza y’ibihugu by’i Burayi na Amerika ku mubano wa Afurika n’u Bushinwa cyangwa u

Paul Rusesabagina na Sankara bafunguwe
Paul Rusesabagina na Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara, bahamijwe ibyaha by’iterabwoba barekuwe kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Werurwe

ZUCHU YATANGAJE KO DIAMOND ARIWE WAMUTWAYE UBUSUGI



YAGO AGIYE GUHINDURA IBYO YAKORAGA MURI MUZIKA
