Category: AMAKURU

Musanze:Hari Umurenge twasanzemo udutsiko 20 turadusenya- Guverineri Mugabowagahunde
Umuyobozi mushya w’Intara y’Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yagaragaje aho ageze akemura ibibazo yasanze byugarije iyi Ntara birimo n’icy’udutsiko twari tumaze

Ikigo gishinzwe iby’isanzure mu Rwanda (RSA) kigiye kuzamura iterambere hifashishijwe isanzure
Abayobozi bayobora intara y’uburengerazuba n’Abaturage bayituyemo bashimye serivisi z’ikigo cy’igihugu gishinzwe isanzure, Rwanda Space Agency (RSA), bavuga ko zizabafasha

PEREZIDA KAGAME YAVUZEKO RAPORO ZISHINJA U RWANDA GUFASHA M23 NTA GACIRO ZIFITE
Perezida Paul Kagame mu kiganiro cyihariye yagiranye n’Ikinyamakuru Jeune Afrique, umukuru w’Igihugu yasubije ibibazo yabajijwe ku ngingo zitandukanye harimo

Hamenyekanye andi makuru kuri kazungu wishe abantu 14
Amakuru amaze kumenyekana, agaragaza ko Kazungu Denis ukekwaho kwica abantu mu Karere ka Kicukiro, bamwe yagiye abica mu buryo

Perezida Paul Kagame, yageze muri Cuba mu nama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma, bahuriye mu itsinda rya G77
Perezida Paul Kagame, yageze muri Cuba mu nama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma, bahuriye mu itsinda rya G77 rigizwe

Prof Harelimana wahoze ayobora RCA yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwataye muri yombi Prof Harelimana Jean Bosco wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza

Kim Jong Un yasesekaye mu Burusiya na Gariyamoshi
Kim Jong Un Perezida wa Koreya ya Ruguru yambutse umupaka yinjira mu Burusiya aho agiye gusura mugenzi we Vladimir

I Burayi hari agace kari kuberamo irushanwa ridasanzwe ryo gushaka umunebwe uhiga abandi
Muri Montenegro, hari kuba irushanwa ridasanzwe ryo gushaka umuntu w’umunebwe kurusha abandi, aho abaryitabiriye, bari kuryama ntacyo bakora, ngo

Andry Rajoelina Perezida wa Madagascaryeguye ku nshingano ze
Andry Rajoelina Perezida wa Madagascar, yeguye ku nshingano ze, nyuma y’uko yemejwe ku mugaragaro nk’umukandida mu matora y’Umukuru w’Igihugu,

La Benevolencia yahagurukiye gukumira imvugo z’ibihuha kuko zishobora kubiba urwango n’amacakubiri.
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 05 Nzeri 2023 mu Karere ka Rubavu hateraniye inama nyunguranabitekerezo ku gukumira imvugo

ZUCHU YATANGAJE KO DIAMOND ARIWE WAMUTWAYE UBUSUGI



YAGO AGIYE GUHINDURA IBYO YAKORAGA MURI MUZIKA
