Category: IMIKINO

Paul Pogba ashobora guhagarikwa imyaka ine adakina Umupira w’Amaguru
Nyuma yo gufatwa ibipimo mbere y’umukino ikipe ya Juventus yakinnyemo na Udinese, ibisubizo bikerekana ko yakoreshe imiti yongera imbaraga,

Erling Haaland yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umwaka mu bihembo bya PFA
Erling Haaland, Bukayo Saka, Rachel Daly na Lauren James, amazina yabo niyo yihariye umwanya munini mu birori byo gutanga

Zimwe mu mpamvu wamenya ku mafaranga Arabie Saoudite yasutse muri ruhago
Uburyo Neymar n’abandi bakinnyi bakomeye bagiye muri Saudi Arabia muri iyi mpeshyi byerekana umugambi iki gihugu gifite Ikipe ya

Jamaal Lascelles wa Newcastle yatewe n’amabandi avuye kwifatira agacupa
Police ya Northumbria yafunguye iperereza k’urugomo rwakorewe captain w’ikipe ya Newcastle Jamaal Lascelles na murumuna we w’imyaka 19, ubwo

u Rwanda n’ikipe y’umupira w’amaguru yo mu Budage FC Bayern Munich bagiranye amasezerano agamije kwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda
u Rwanda n’ikipe y’umupira w’amaguru yo mu Budage FC Bayern Munich bagiranye amasezerano agamije kwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda no

Bus ya Aston Villa yatewe ibuye icyuye abakinnyi nyuma yo gutsindira Burnley iwayo
Bus isanzwe itwara abakinnyi ba Aston Villa yatewe amabuye n’abataramenyekana ubwo yarivuye ku kibuga Turf Moor cya Burnley mu

Nyuma yo gusoma umukinnyi muri stade, yanze kwegura ku mwanya wa President w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Espagne yegura
Nyuma y’inkuru twabagejejeho mu ntangiriro z’iki cyumweru, ubwo President w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Espagne Luis Rubiales yasomaga Jenni Hermoso

Thierry Henry wamamaye muri Arsenal yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 21 y’Ubufaransa
Umunyabigwi Thierry Henry wamamaye muri Arsenal n’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa, yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 21 y’Ubufaransa Nyuma y’uko

IKIPE Y’IGIHUGU Y’UBWONGEREZA “THREE LIONS” ISHOBORA GUTOZWA N’UMUGORE
Ikipe y’igihugu y’Ubwongoreza y’abagabo isanzwe ifite umutoza Gareth Southgate ariko amasezerano ye akaba azarangira mu impera z’umwaka utaha. Bikomeje

Umukinnyi Rubayita Siragi yaguye muri Kenya aho bivugwa ko yishwe n’umukinnyi mugenzi we
Umukinnyi wo gusiganwa ku maguru, Rubayita Siragi yaguye muri Kenya aho yishwe n’umukinnyi mugenzi we wo muri Kenya. Iyi

ZUCHU YATANGAJE KO DIAMOND ARIWE WAMUTWAYE UBUSUGI



YAGO AGIYE GUHINDURA IBYO YAKORAGA MURI MUZIKA
