Category: POLITIKE

Kenya: Ntabwo nteze kugupfukamira-Guverineri wa Kisii abwira Gachagua
Guverineri w’intara ya Kisii, bwana Simba Arati, yakuriye inzira ku murima visi perezida wa Kenya Rigathi Gachagua, avuga ko

Dr Kayumba Christopher yasabiwe n’Ubushinjacyaha gufungwa imyaka 10 n’amezi 6
Ubushinjacyaha bwagaragaje ko ubujurire ku ifungurwa rya Dr Kayumba Christopher, wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’Itangazamakuru

Sudan: Greater Nile Petroleum Oil Company Tower yahiye kubera imirwano
Umurwa mu kuru wa Sudani ukomeje kuberamo imirwano ikomeye, imirwano yanatumye, inyubako zitandukanye zo mu mujyi zisenyuka. Ni imirwano

Icyo wamenya kubyo Putin yatangaje ku rupfu rwa Yevgeny Prigozhin
Vladimir Putin Perezida w’Uburusiya yagiye yavuga ku rupfu rwa Yevgeny Prigozhin nyuma y’amasaha 24 indege yihariye y’uwo mukuru w’itsinda

Indege ya Prigozhin yahanuwe n’u Burusiya
Indege ya Prigozhin, yari ivuye i Moscow yerekeza i St Petersburg irimo abagenzi barindwi n’abakozi bayo batatu ubwo yahanukaga.

DR Congo: Etat de siège ishobora kuvaho burundu
Benshi mu bitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku butegetsi bwa gisirikare mu ntara za Kivu ya Ruguru na Ituri zo mu

Niger: Abahiritse ubutegetsi bamaganiye kure intumwa za CEDEAO
Abakuru b’agatsiko ka gisirikare kahiritse ubutegetsi muri Niger, bavuga ko badashobora kwemera uruzinduko rwo ku rwego rwo hejuru rw’abadiplomate

Muri Afurika y’uburengerazuba hakomeje kubaho guhirika ubutegetsi
Udutsiko twa gisirikare 4, twafashe ubutegetsi, dushobora kwifatanya, tukarwana intambara karundura. Udutsiko twa gisirikare turi ku butegetsi muri Burkina

Perezida kagame yagabiye mugenzi we Filipe Nyusi uri mu Rwanda
Amakuru yatangajwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, avuga ko Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi kuri uyu wa Gatandatu tariki

RDF yahakanye ibyo kugaba igitero kuri RDC
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda RDF bwavuguruje amakuru yatangajwe n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zizishinja kugaba igitero mu

ZUCHU YATANGAJE KO DIAMOND ARIWE WAMUTWAYE UBUSUGI



YAGO AGIYE GUHINDURA IBYO YAKORAGA MURI MUZIKA
